vendredi 18 février 2011

Indunduro yikitabo cumugenzi

Ntitunye haguruka fata ico gitabo cawe nguwo MUBWIRIZABUTUMWA akugezeho azakwereka IREMBO RY'IZA nubwo uza MWISAYO ugahura naba BWENGEBWISI bakakuyobya uzatabarwa bakugeze kwa MUSOBANUZI azakwereka ibyiza utarigera kubona, akuyobore ugere KUMUSARABA aho ibyaha byawe byose bizama bigenda. igikombe citwa BURUHANYA tukagitinye kuko uzaba wegereje kwa NYUMBANZIZA aho uzahasanga abana be nka MWIGENGESERO, MWIRINZI, MWUBAHAMANA NA NYIRARUKUNDO, bazakubaza mpuruyaha yose nimiruho waciyemo ariko bazagukomeza,,, nuko kuzaba wegereje IGIKOMBE CITWA MUCISHABUGUFI ntaco kizagutwara habe NIGIKOMBE C'IGICUCU CURUPFU uzagicamo unezerewe, nkuko uzaba ugiye guhura ninshuti yawe MWIZERWA, muzanezerwa nubwo muzahura NAMAGAMBO ntaco azabatwara pee habe na MWISHAKIRANDAMU abo bazarimbuka ntaho baraja. muzahira naba bwihebe bazabaca intege ariko ntimukabitehe kubera muzaba muriko mwegera IMISOZI YIGIKUNDIRO, muzirinde cane nkuko muzahura na ba NTABWENGE NA NIZERABUHORO abo bobayobya mugata inzira kandi mugeze kure. BURIGANYA NA MUHAKANAMANA nabanzi bumusaraba wa yesu ariko ntakibazo BYIRINGIRO mwene dada aziregura nkintumwa ya yesu. ubwo muzagira NTABWENGE inama nziza ariko azayanga nyamara muzaba mugiye kumenya neza IBYABATINYA NEZA NIBYABASUBIRA INYUMA. mbega igihe muzaba muriko murangiza BEULA nziza yesu muzaba muguwe neza bihebuje, ariko muzagera KURUZI NI RWO RUPFU aho abacira muzindi nzira mazarurwamo batabonye umwami yesu.ngaho nawe tekereza URUREMBO SIYONI ube nkuwunva ibyishimo bizaba bihari.. hahirwa abizera, nibo bazabayo.... iyo niyi NDUNDURO yigitabo CY'UMUGENZI

Aucun commentaire:

Enregistrer un commentaire