vendredi 29 octobre 2010

hariho umwana mw' africa

1° harumwanumwanumwe mw'afirika yaririmbirima cane ko ntakubabara mwijuru ati kandi nta nzaribayo *2

2° ati kumana ntanibyago ntamarira ntakuboroga ntarupfu kandi ntagahinda none naje kwiye kujayo

3° yumvis'ubutumwa bwimana ariko nimurako kanya maze yishimir'umuremyi aherako aramwizera

4° yumvise ko hariy'amazu mwijuru hatager'ibyago inzu yubatswe nu muremyi inkike zaho nagakiza

5° maze yibukayamagambo amwe yumvise ku misioni atekereza nibyicaro byo muri paradizo yera

6° ntiyabaya gihumurizwa kandi ntiyagizagahinda atekerez'ibyiza byaho anezererw'i byomwijuru

7° aherako araririmba ati byicaro byaho byiza kandi ni shusho yaho nziza irasa niya marayika

8° muri wamurwa wizahabu aririmba kwijwiritoya yashakaga kuzaubamo maz'uwomwan'aracikana

9° aherakw'ahimbaza yesu muri wamurw'ashitse ryose ati mwmi waranyogeje mumaraso yawe yera...

intambwe icanda(9) zo gusubira inyuma

1. N'uko biyibagiz' uko bashobora iby' Imana n'urupfu no kuzacirwah' iteka

2. N' uko bareka buhoro buhoro gukora ibibakwiriye murwihisho, nko gusenga no gusoma igitabo cy' Imana bari bonyine, nko kudategekwa niby' imitima yabo yifuza, nko kuba maso bakirinda satani, nko kubabazwa nibyaha nibindi kibyo.

3. N'uko bihunz' abakristo bakijijwe byukuri

4. N'uko bacogora ntibakunde gukora ibibakwiriye imbere yabantu, nko kunva ijambo ry'Imana, nko kurisoma bafatikanije nabandi, nko kuganir' Ibyamana, nibindi kibyo.

5. N'uko batangira kugenzura bamwe mububaha Imana ngo babone ico babagaya.

6. N'uko bakunda batangira kubana nabantu bakund' iby' iyi si ninzoga nubusambanyi n'ibindi byaha

7. N'uko baganira ibyiyi si nibiteye isoni rwihishwa, Kandi iyo babony' abitwa ko bubah' Imana babikora, barabyishimira, nkuko bibamara isoni zo kubikora cane

8. N'uko batangira gukinisha ibyaha bito kumugaragaro

9. Bamaze kwinangira, biyerekana uko Bari. Nuko bitsurira mu ruzi ruzabatembana, rubageze mugahinda no mumakuba; Imana n'itabibuza kubw' imbabazi zayo, bazarimbuzw' iteka ryose n'uko kwishuka kwabo.

Bene data nizo ntambwe 9 zo gusubira inyuma Reba aho uhagaze niba utaravuye mugakiza.

samedi 9 octobre 2010

lundi 24 mai 2010

inshuti zacu

1.Iki gihe twanaranye tuyobowe n'imbendera; dutandukany' amahoro, twifitiye umunezero
2.Mwa nshuti zacu nziza mwe, dusnagiye gucungurwa n'intambara ya kristo, ajy' abarind' iyo mujya
3.Mwunvir' ijambo dusoma mugitabo cy'Uwiteka: Mutumbir' Umurokozi, mwihararuk' inzira ye

4.Ahari amaso yaba aya ntitwongere kubonana. Nyamara twe abakijijwe tuzahurira isiyoni
5.Yesu azaha abakijijwe ingororano mwinjuru. Mukomeze ibyo mwahawe.

6.Mwa nshuti mwe dukundanye, Twabony' umusaraba muri'iyi minsi twabanye, mugendane nu witeka
7.Ituza riva mwinjuru ritwuzure twe aba yesu, itorero rye ryo mwisi rikire imitima mwinshi

8.Twihane gukiranirwa kw'abatubaha uwiteka tumenye yuko twe twese tuzagerana imbere ye

9. Ngaho murabeho mwese, bagenzi twafanije, tuzaba hamwe mwinjuru duhoraneyo na yesu

Amen















dimanche 23 mai 2010

Igitabo cy'imana

1. Igitabo cy' Imana, ndakunda, n'icanjye: N'ico kimbwira ukuri, yuko nd' umunyabyaha

2. Kinyigisha urukundo rw' umucunguzi wanjye: iyo nyoby' izira ye, vuba kirantarura.

3. Iyo nteye nibyago kummar' umubabaro; nigishwa na cyo yuko ndumusuhuke mwisi.

4. Igitabo c' Imana kimbwira yuk'umuntu azanesha n'urupfu, yizeye umucunguzi

5.Kimbwira k' utihana agapfana ibyaha bye, azarimbuka koko ntabane n'Uwiteka.

6.Kandi nigishwa na cyo kwabahanuzi ba Yesu vazahabwa'ibyishimo bitazashita iteka

7.Igitabo cy'Imana gihora kinyigisha amagamb' ahebuje ndagikundir' ukuri.

mardi 30 mars 2010

kubaho

Gupfa ntabwo arigitangaza habe nabuke nkuko twese twandikiwe kuzapfa nyamara ntawe uzi igihe azapfira ubwo rero kubaho none nico gitangaza nico gituma ukwiriye gushima imana burimunsi kuba iguhaye undi muzi mwiza. mwirinde kamere yanyu itabashuka mukava mubuntu bwakristo. muhoro muri kristo kandi mwibutsanye uko mubonye umwana ibyakristo. umutima wumwana wumuntu ngo urusha ibindi byose gushukana kandi ngo ugira irwara kandi ntiwizera gukira ntawashobora kuwumenya uko uri [yeremiya 17:9] mwirinde kandi mukomerere muri kristo niwe soko yubugongo byanonone nubuzaza

intambwe icenda [9] zo gusubira inyuma

1. intambwe yambere yogusubira inyuma n'uko biyibagiza uko bashobora iby'Imana n'urupfu no kuzacibwaho iteka. 2. n'uko bareka gukora buhoro buhoro ibibakwiriye mu rwihisho, nko gusenga no gusoma igitabo c'Imana bari bonyine, nko kudategekwa n'ibyimitima yabo yifuza, nko kuba maso bakirinda satani, nko kubabazwa n'ibyaha n'ibindi nkibyo. 3. N'uko bihunz'abakristo by'ukuri. 4. N'uko bacogora ntibakunde gukora ibibakwiriye imbere yabantu, nko kunvijambo ry'Imana, nko kurisoma bafanije n'abandi, nko kuganir'ibyimana n'ibindi nkibyo. 5. N'uko batangira kugenzura bamwe mububaha imana ngo babonico babagaya. 6.N'uko batangira kubana n'abantu bakund'ibyisi ninzoga n'ubusambanyi n'ibindi byaha. 7.N'uko baganir' ibyisi n'ibiteye isoni rwihishwa, barabishimira nkuko bibamara isoni zo kubikora cane. 8. N'uko batangira gukinisha ibyaha bito kumugaragaro. 9.Bamaze kwinangira, biyerekan' uko bari. Nuko bitsurira mu ruzi ruzabatembana, rubageze mu gahinda ni mumakuba; Imana n'itabibuza kubg' imbabazi zayo bazarimburw' iteka ryose n'uko kwishuka kwabo.

vendredi 5 mars 2010

igihe co gukorera imana

ngumudugugu wubatswe nkumpinga yumusozi ntubasha kwihisha abe ariko nimirimo yanyu igaragarira abantu bose. turi mubihe bibi kandi byamwisho ariko harageze ko tubera amahonga umuco tukamamaza ijambo ry'Imana muriki gihungu. ntampanvu nimwe ihari yatuma dusubira inyuma mubitagira umumaro niko paul yavuze ngo komwamenye imana kandi cane mukaba mwaramenywe nayo niki kibasubiza mubwakera bitagira umumaro? mukanguke mukorere kristo mwunguke kumenya kuvuye mwinjuru....imana ibafashe.

samedi 16 janvier 2010

imana ibafashe

choral injili bujumbura ngagara Q2

jeudi 7 janvier 2010

ibihe byiza

kuri mwese inshuti zumusaraba abazasoma iyi message kubwo kurangiza umwaka 2009 turashima imana yadufashije ikaturinda, ibyago, amakuba nibindi byinshi twahuye nabyo ariko uwiteka adukiza muribyo byose. none ico mbifurije niki:Mbifurije kunyagirwa n'imvura y'umugisha mukayugama munzu y'ibyishimo mukifukira umunezero mugahorana umwuka wera mugasohokera muri hotel y'amasengesho muki serving ibisubizo ,umunezero amahirwe masa muri 2010